Sign in
Sign in
Sign in
Select Language
051

Adh-Dhariyat 51:10 قتل الخراصون ١٠

51:10
قُتِلَ
ٱلۡخَرَّٰصُونَ
١٠
Abanyabinyoma baravumwe,
Continue Reading

Read Tafsir

Ibn Kathir (Abridged)

Which was revealed in Makkah

بِسْمِ اللَّهِ الرَّحْمَـنِ الرَّحِيمِ

In the Name of Allah, the Most Gracious, the Most Merciful.

Affirming the News of the Resurrection The Commander of the faithful,

`Ali bin Abi Talib may Allah be pleased with him, ascended the Minbar in Kufah and declared, "Any Ayah in

…

Which was revealed in Makkah

بِسْمِ اللَّهِ الرَّحْمَـنِ الرَّحِيمِ

In the Name of Allah, the Most Gracious, the Most Merciful.

Affirming the News of the

…
More Tafsirs

Read in Context

Chapter 51, Page 521, Juz 26

1. Ndahiye imiyaga ihuha cyane igatatanya (ibicu, ikazamura ivumbi, umusenyi n’ibindi). 2. N’ibyikoreye imitwaro (ibicu biremereye bitwara imvura). 3. N’ibigenda mu buryo bworoshye (amato agenda mu nyanja). 4. N’abashinzwe gukwirakwiza igeno (abamalayika). 5. Mu by’ukuri ibyo musezeranywa (izuka n’ibindi bizaba ku munsi w’imperuka) ni impamo. 6. Kandi rwose, kuzagororerwa (cyangwa guhanwa ku bakoze ibibi) bizabaho nta kabuza. 7. Ndahiye ikirere kirimo amayira gikoze neza. 8. Rwose mufite imvugo zitandukanye (ku byerekeye Intumwa Muhamadi ndetse n’iyi Qur’an). 9. Uteshwa (gukurikira Qur’an n’Intumwa Muhamadi) ni uwateshejwe (gukurikira ukuri). 10. Abanyabinyoma baravumwe, 11. Ba bandi bari mu bujiji, barangaye, 12. Barabaza igihe umunsi w’ibihembo uzabera, 13. (Uzaba ari) umunsi bazaba bari mu muriro bahanwa. 14. (Bazabwirwa bati) “Ngaho nimwumve ibihano byanyu; ibi ni byo mwajyaga musaba ko byihutishwa.” 15. Mu by’ukuri abagandukira Allah bazaba bari mu busitani n’amariba (yo mu Ijuru), 16. Bakira ibyo Nyagasani wabo yabahaye. Mu by’ukuri mbere bari abakora ibyiza; 17. Bajyaga baryama gake mu ijoro (kubera ko babaga basali, basingiza Nyagasani wabo), 18. No mu gicuku (mu rukerera babaga) basaba imbabazi (Allah), 19. No mu mitungo yabo, habagamo umugabane bagenera abakene basaba n’abihishira. 20. No ku isi hari ibimenyetso ku bemera badashidikanya, 21. Ndetse no muri mwe ubwanyu (ibyo bimenyetso birimo). Ese ntimubona? 22. No mu kirere hari amafunguro yanyu ndetse n’ibyo musezeranywa. 23. Bityo, ndahiye ku izina rya Nyagasani w’ikirere n’isi ko (ibyo musezeranywa) ari ukuri nko kuvuga kwanyu.

- The Rwanda Muslims Association team

Notes and Reflections

You do not have any notes or reflections on this verse.

Notes placeholders

Stay Connected to the Quran ❤️

Short meaningful reminders to reset, reflect and stay connected to the Quran.

Read, Listen, Search, and Reflect on the Quran

Quran.com is a trusted platform used by millions worldwide to read, search, listen to, and reflect on the Quran in multiple languages. It provides translations, tafsir, recitations, word-by-word translation, and tools for deeper study, making the Quran accessible to everyone.

As a Sadaqah Jariyah, Quran.com is dedicated to helping people connect deeply with the Quran. Supported by Quran.Foundation, a 501(c)(3) non-profit organization, Quran.com continues to grow as a free and valuable resource for all, Alhamdulillah.

Navigate
Home
Quran Radio
Reciters
About Us
Developers
Product Updates
Feedback
Help
Donate
Our Projects
Quran.com
Quran For Android
Quran iOS
QuranReflect.com
Quran.AI
Sunnah.com
Nuqayah.com
Legacy.Quran.com
Corpus.Quran.com
Non-profit projects owned, managed, or sponsored by Quran.Foundation
Popular Links
Duas from the Quran
Quran Verse of the Day
Ayatul Kursi
Yaseen
Al Mulk
Ar-Rahman
Al Waqi'ah
Al Kahf
Al Muzzammil
SitemapPrivacyTerms and Conditions
© 2026 Quran.com. All Rights Reserved
Contribute