Sign in
Sign in
Sign in
Select Language
074

Al-Muddaththir 74:9 فذالك يوميذ يوم عسير ٩

74:9
فَذَٰلِكَ
يَوۡمَئِذٖ
يَوۡمٌ
عَسِيرٌ
٩
Uwo munsi uzaba ari umunsi ukomeye,
Continue Reading

Read Tafsir

Ibn Kathir (Abridged)

Which was revealed in Makkah

بِسْمِ اللَّهِ الرَّحْمَـنِ الرَّحِيمِ

In the Name of Allah, the Most Gracious, the Most Merciful.

The First Ayat to be revealed after `Read!

It has been confirmed in the Sahih Al-Bukhari and Sahih Muslim on the authority of Abu Salamah that Jabir bin `Abdullah informed him

…

Which was revealed in Makkah

بِسْمِ اللَّهِ الرَّحْمَـنِ الرَّحِيمِ

In the Name of Allah, the Most Gracious, the Most Merciful.

The First Ayat to be reve

…
More Tafsirs

Read in Context

Chapter 74, Page 575, Juz 29

8. Ubwo impanda izavuzwa. 9. Uwo munsi uzaba ari umunsi ukomeye, 10. Uzaba utoroheye abahakanyi. 11. (Yewe Muhamadi) ndekera uwo naremye ari wenyine (uvugwa aha ni Al Walid bun al Mughirat), 12. Nkamuha imitungo itubutse, 13. N’urubyaro rumukikije, 14. Nkanamworohereza ubuzima. 15. Nyuma y’ibyo byose, akaba yifuza ko namwongera, 16. Oya! Mu by’ukuri yajyaga ahinyura amagambo yacu cyane. 17. Nzamunaniza muhanisha ibihano bikomeye. 18. Mu by’ukuri yaratekereje maze afata umwanzuro (wo gutuka Allah n’Intumwa ye ndetse na Qur’an), 19. Bityo, navumwe kubera umwanzuro yafashe! 20. Niyongere avumwe kubera umwanzuro yafashe! 21. Nuko (yubura amaso) areba (abari bamukikije), 22. Maze azinga umunya, akambya agahanga, 23. Nuko atera umugongo (ukuri), maze aribona. 24. Aravuga ati “Ibi (Muhamadi yigisha) nta kindi biri cyo uretse ko ari uburozi (akomora ku barozi bo hambere bakomeye)!” 25. “Ibi (Muhamadi yigisha) nta kindi biri cyo uretse ko ari amagambo y’umuntu!” 26. Nzamutwikira mu muriro. 27. N’iki cyakumenyesha uwo muriro? 28. Nta cyo ureka ndetse nta n’icyo usigaza, 29. Utwika imibiri ukanayishiririza. 30. Urinzwe (n’abamalayika) cumi n’icyenda. 31. Kandi nta bandi twagize abarinzi b’umuriro batari abamalayika. Ndetse twanashyizeho umubare wabo (cumi n’icyenda) kugira ngo tugerageze abahakanyi, no kugira ngo abahawe ibitabo bemere badashidikanya (ko Qur’an ari ukuri kuko ihuriye kuri uwo mubare wanditse mu bitabo byabo); ndetse no kugira ngo abemeramana barusheho kwemera, no kugira ngo abahawe igitabo n’abemeramana batagira ugushidikanya (ku byo bemeye), ndetse no kugira ngo abafite uburwayi (bw’uburyarya) mu mitima n’abahakanyi bavuge bati “Allah yari agamije iki mu gutanga uru rugero?” Uko ni ko Allah arekera mu buyobe uwo ashaka akanayobora uwo ashaka. Kandi nta wamenya ingabo za Nyagasani wawe utari We. Kandi uyu (muriro) nta kindi uri cyo usibye ko ari urwibutso ku bantu.

- The Rwanda Muslims Association team

Notes and Reflections

You do not have any notes or reflections on this verse.

Notes placeholders

Stay Connected to the Quran ❤️

Short meaningful reminders to reset, reflect and stay connected to the Quran.

Read, Listen, Search, and Reflect on the Quran

Quran.com is a trusted platform used by millions worldwide to read, search, listen to, and reflect on the Quran in multiple languages. It provides translations, tafsir, recitations, word-by-word translation, and tools for deeper study, making the Quran accessible to everyone.

As a Sadaqah Jariyah, Quran.com is dedicated to helping people connect deeply with the Quran. Supported by Quran.Foundation, a 501(c)(3) non-profit organization, Quran.com continues to grow as a free and valuable resource for all, Alhamdulillah.

Navigate
Home
Quran Radio
Reciters
About Us
Developers
Product Updates
Feedback
Help
Donate
Our Projects
Quran.com
Quran For Android
Quran iOS
QuranReflect.com
Quran.AI
Sunnah.com
Nuqayah.com
Legacy.Quran.com
Corpus.Quran.com
Non-profit projects owned, managed, or sponsored by Quran.Foundation
Popular Links
Duas from the Quran
Quran Verse of the Day
Ayatul Kursi
Yaseen
Al Mulk
Ar-Rahman
Al Waqi'ah
Al Kahf
Al Muzzammil
SitemapPrivacyTerms and Conditions
© 2026 Quran.com. All Rights Reserved
Contribute