Sign in
Sign in
Sign in
Select Language
038

Sad 38:49 هاذا ذكر وان للمتقين لحسن ماب ٤٩

38:49
هَٰذَا
ذِكۡرٞۚ
وَإِنَّ
لِلۡمُتَّقِينَ
لَحُسۡنَ
مَـَٔابٖ
٤٩
Iyi (Qur’an) ni urwibutso. Kandi mu by’ukuri abagandukira (Allah) bazagira igarukiro ryiza;
Continue Reading

Read Tafsir

Ibn Kathir (Abridged)

The Final Return of the Blessed

Allah tells us that His blessed, believing servants will have a good final return in the Hereafter, which means their ultimate destination. Then He explains it further, as He says:

جَنَّـتِ عَدْنٍ

(`Adn Gardens) meaning, eternal gardens (of Paradise),

مُّفَتَّحَةً لَّهُ
…

The Final Return of the Blessed

Allah tells us that His blessed, believing servants will have a good final return in the Hereafter, which means their u

…
More Tafsirs

Read in Context

Chapter 38, Page 456, Juz 23

49. Iyi (Qur’an) ni urwibutso. Kandi mu by’ukuri abagandukira (Allah) bazagira igarukiro ryiza; 50. Ijuru rihoraho, bazafungurirwa imiryango yaryo; 51. Aho bazaba begamye, batumiza imbuto nyinshi n’ibinyobwa. 52. Bazaba bari kumwe n’abagore barangamiye abagabo babo (gusa) kandi b’urungano. 53. Ibyo ni byo (bihembo) mwasezeranyijwe ku munsi w’ibarura. 54. Mu by’ukuri ibyo ni amafunguro yacu adateze kuzashira. 55. Ibyo (ni byo bizagororerwa abemeramana). Naho abanyabyaha bazagira igarukiro ribi; 56. Jahanamu bazahiramo. Mbega ubuturo bubi! 57. Ibyo (ni byo bihano bazahanishwa). Bityo, nibabyumve; ni amazi yatuye n’amashyira. 58. N’ibindi (bihano) bimeze nka byo by’ingeri nyinshi. 59. (Abayobeje abandi bazabwirwa bati) “Aka ni agatsiko kiroshye mu gihe kimwe namwe (mu muriro)”, (bavuge bati) “Nta heza bashyikiye kuko mu by’ukuri, bagiye guhira mu muriro.” 60. (Abayobejwe) bazavuga bati “Ahubwo ni mwe mutashyikiye aheza kuko ari mwe mwawudukururiye (umuriro); kandi ni cyo cyicaro kibi.” 61. Bazavuga bati “Nyagasani wacu! Uwadukururiye ibi mwongerere ibihano byo mu muriro byikubye kabiri.” 62. Bazanavuga bati “Byatugendekeye bite ko tutabona bamwe mu bantu twabaraga mu nkozi z’ibibi?” 63. Ese twabibeshyagaho (ku isi) tubannyega (naho ari abantu b’intungane, cyangwa bari kumwe natwe mu muriro) amaso yacu akaba atababona? 64. Mu by’ukuri, uko ni ko gusubiranamo kw’abantu bo mu muriro

- The Rwanda Muslims Association team

Notes and Reflections

You do not have any notes or reflections on this verse.

Notes placeholders

Stay Connected to the Quran ❤️

Short meaningful reminders to reset, reflect and stay connected to the Quran.

Read, Listen, Search, and Reflect on the Quran

Quran.com is a trusted platform used by millions worldwide to read, search, listen to, and reflect on the Quran in multiple languages. It provides translations, tafsir, recitations, word-by-word translation, and tools for deeper study, making the Quran accessible to everyone.

As a Sadaqah Jariyah, Quran.com is dedicated to helping people connect deeply with the Quran. Supported by Quran.Foundation, a 501(c)(3) non-profit organization, Quran.com continues to grow as a free and valuable resource for all, Alhamdulillah.

Navigate
Home
Quran Radio
Reciters
About Us
Developers
Product Updates
Feedback
Help
Donate
Our Projects
Quran.com
Quran For Android
Quran iOS
QuranReflect.com
Quran.AI
Sunnah.com
Nuqayah.com
Legacy.Quran.com
Corpus.Quran.com
Non-profit projects owned, managed, or sponsored by Quran.Foundation
Popular Links
Duas from the Quran
Quran Verse of the Day
Ayatul Kursi
Yaseen
Al Mulk
Ar-Rahman
Al Waqi'ah
Al Kahf
Al Muzzammil
SitemapPrivacyTerms and Conditions
© 2026 Quran.com. All Rights Reserved
Contribute